domingo, 1 de junho de 2008

019. URWANGO RUVUYE KU BUSA

6°- KIBARAKE

Iki Gisigo kiri mu bwoko bw' "Ikobyo" ariko ntikicyuzuye. Ni igisigo cy'ubuse. Cyahimbiwe kugaya ubugambanyi bwa Ruzamba rwa Sharangabo ya Cyilima.

Urwango ruvuye ku busa

Rugaruka intati,

Bagarura b'ingabo

I Minazi ya Cyokera-mazu,

05 Na Kibagarira-masha

Ishi yogeye ku Nyanja ya Kimari.

Mbe Bihembwe ko wari mubi

Ukomera amata ho amuki ya Kiviri,

Aho uzarinda kwimba ?

10 Ntacyo ucyicuza ugurutse,

Umenya ugiye ko imirarwe

Ya Kireremba-juru na Nyirakimenyi

Iyo nakubwiye ngo ndi urunde.

Nguhaye gatatu kadapfa,

15 Ikagucagura ubwo buboko

Bicano bya bicagu

Jye ngira ingusho mu kanwa.

Yijyane Kamiro sinababaye

Mutima utanyurwa

20 Uhambira Mutabura nk'uruboho

Ku Murago wa Gitisi.

Giti umuntu umutaba mu ngeri,

Ngo ejo atakuva mwo iryo wamubwiye,

I Rugese n'i Rusumbwa rwa Matyazo

25 Ujya kumuzika i Butara.

Na we Kibira uzagatana abavuzi.

Ugiye ku rubango rw'Abami

Rwa Runywerera-bagabo na Rwimiyove,

Ntukiyomoze ubwo uzaziranirwa.

30 Atari we watambye

Ku munsi mubi wa Mibuga,

Wagorama ubuki ugakeba inkweto.

Abatindi basuhuka mahera

Maheza y'inzigo y'i Busoso na Nyabami,

35 Tubuguruje i Mugunga wa Mugina.

Aho wacaniye so Mibambwe

Ujya gucuruza i Gisaka.

Sem comentários:

Enviar um comentário